Expo mu Majyepfo: Ku buyobozi ubuzima bwaragarutse, ku bamurika hari ibyanozwa
Imurika/gurisha/bikorwa ryateguwe n’abikorera bo nu Ntara y’Amajyepfo, ubuyobozi bwayo buribonamo ko ubuzima bwagarutse nyuma ya…
Kabgayi: Padiri Lukanga wamenyekanye mu Iseminari yitabye Imana
Padiri Lukanga Charles Karema wamenyekanye igihe kinini ari umuyobozi n’umurezi mu iseminari nto y’i Kabgayi…
Abaharanira uburenganzira bwa muntu barasaba Leta kwihutisha itegeko ryihariye ribarengera
Abaharanira uburenganzira bwa muntu mu Rwanda barifuza ko Leta yashyiraho itegeko ryihariye ribarengera kugira ngo…
Community Independence Forum centred on residents: Global Civic Sharing stakeholders praise its operation and impact
Global Civic Sharing Rwanda [GCS-Rwanda], an international non-governmental organization that supports citizens of the Kamonyi…
Expo mu Majyepfo: Ubuyobozi burajya inama yo guha agaciro ibikorerwa mu Rwanda
Ubuyobozi bw’Intara y’Amajyepfo buragira inama abaturage yo guha agaciro Ibikorerwa mu Rwanda ni mu gihe…
Bamwe mu bangavu ntibashaka ko ababateye inda bakurikiranwa
Bamwe mu bangavu bo mu karere ka Kamonyi ntibashaka kugaragaza imyirondoro y’ababateye inda ngo bakurikiranwe,…
ICK yashyize ku isoko abaharangije 208, ica amarenga ku mashami arimo iry’ubuvuzi
Kaminuza Gatolika y’i Kabgayi (Institut Catholique de Kabgayi), yahaye impamyabumenyi abaharangije 208 barimo abasoje mu…
Abafashamyumvire bashyiriye abahinzi n’aborozi ibanga ryo kongera umusaruro
Abafashamyumvire basaga 400 bahuguwe kuri gahunda zo guteza imbere ubuhinzi n’ubworozi, biyemeje kuba umusemburo w’impinduka…
COFORWA activities to help Government in achieving its 2024 goal
The Rwandan government appreciates COFORWA’s contribution to water supply and sanitation, which will facilitate the…
Rwanda’s response to accusations of support for the DRC armed group
Accusing Rwanda of support to the Congolese armed group M23 is wrong and distracts from…
“Kwanga agasuzuguro” imyumvire ihangayikishije leta na Sosiyete sivile
Bamwe mu Banyarwanda ngo baracyafata umwanya bagakozemo ibibateza imbere ndetse n’amafaranga yakabazamuye bakabishora mu manza…
Ruhengeri: Padiri wari ubumazemo imyaka 15 yasezeye
Padiri Niwemushumba Phocas wo muri Diyoseze Gatolika ya Ruhengeri yeguye muri uwo muhamagaro. Niwemushumba yari…