Abayobozi b’amashuri barinubira uko bo n’abarimu batumirwa mu nama z’urudaca
Igihe ntigikweduka, utakaje isaha imwe yari kwigishamo abanyeshuri ngo aba abahombeje byinshi niyo mpamvu bagomba…
Igihe ntigikweduka, utakaje isaha imwe yari kwigishamo abanyeshuri ngo aba abahombeje byinshi niyo mpamvu bagomba…
Rucagu Boniface wabaye umuyobozi utazibagirana wayoboye iyitwaga Perefegitura ya Ruhengeri yaje kujya mu Ntara y’Amajyaruguru,…
Abasenateri 18 kuri 24 bari bagize Sena y’u Rwanda barasoza manda yabo uyu munsi tariki…
Ubuyobozi bwa ofisi y’amaposita mu Rwanda buratangaza ko buzitirwa n’amikoro mu kubaka inyubako zijyanye n’igihe…
Umunyarwandakazi akaba n’umushoramari mu bijyanye n’inzu zicuruza ibitabo(book shop) arashishikariza abanyarwanda kwitabira gusoma ibitabo kuko…
Imipaka ihuza u Rwanda na Uganda imaze igihe ifunze ku Banyarwanda bifuza kujya muri Uganda….
Abatuye umurenge wa Nyarugenge mu karere ka Bugesera bavugako bungutse ubumenyi bakabona n’ubufasha bumaze gutanga…
Abarwanyi batanu bari mu bateye u Rwanda bakica abaturage mu mirenge ya Nyange, Kinigi na…
Abantu 14 biciwe mu bitero by’abarwanyi bakoreye mu mirenge ya Kinigi, Musanze na Nyange bashyinguwe,…
Minisiteri y’Uburezi n’abaterankunga bayo barimo Leta Zunze Ubumwe za Amerika barasaba abanyarwanda by’umwihariko abana gusoma…
Umuryango nterankunga w’abanyamerika (USAID) ubicishije mu mushinga wawo Soma Umenye wahaye ibikoresho by’ikoranabuhanga (tablets) Ikigo…
Ubuyobozi bw’ibitaro bikuru bya Kibuye butangaza ko hari imirimo yo kubyubaka yagiye ikorwa nabi ku…
Icyemezo cy’Urukiko rw’Ikirenga ntikijuririrwa ariko nta nubwo twavuga yuko cyatunyuze, ibi ni ibivugwa n’umuyobozi w’ishyaka…
Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu Prof Shyaka Anastase arasaba abayobozi ba Musanze kurya akagabuye bakirinda ibikorwa bitaboneye….