Month: November 2021
Urubanza rwa Muhayimana mu Bufaransa: Ibyaranze umunsi wa mbere
Umugabo wavukiye mu Rwanda mu myaka 60 ishize, wahawe ubwenegihugu bw’u Bufaransa yagejejwe imbere y’ubutabera…
Ethiopia: Minisitiri w’intebe agiye kwigira ku rugamba ahangane n’inyeshyamba
Minisitiri w’intebe wa Ethiopia [soma Etiyopiya] Abiy Ahmed yatangaje ko agiye kujya imbere ingabo z’igihugu…
Uwari umuyobozi wa RIB mu karere yakatiwe gufungwa imyaka 8
Uwahoze ari umuyobozi w’ubugenzacyaha (DCI) mu karere ka Rusizi yakatiwe igifungo cy’imyaka 8 n’amezi 6…
Urubanza rwa Muhayimana mu Bufaransa: Sobanukirwa na byinshi kuri we
Uyu munsi amaso ya benshi ahanzwe i Paris mu rukiko rwa rubanda (Cour d’assises) mu Bufaransa…
Uruhare rw’imiryango Pax Press, RCN, Haguruka na AMI mu gutangaza amakuru ku manza mpuzamahanga
Guhera tariki 22 Ugushyingo kugeza kuwa 17 Ukuboza, i Paris mu Bufaransa hateganyijwe urubanza rwa…
IBUKA irasaba kwita ku batanga ubuhamya mu manza mpuzamahanga
Perezida wa Ibuka Egide Nkuranga asanga hakwiye kugira igikorwa kugirango hatazongera kubaho ibibazo nk’ibyabaye ku…
Urubanza Rwa Muhayimana mu Bufaransa: Imyiteguro ni yose
Kuva tariki 22 Ugushyingo kugeza ku 17 Ukuboza, mu rukiko rwa rubanda [cour d’Assises] i…
Hirya y’ibyagawe ku rukiko mpanabyaha rwashyiriweho u Rwanda, hari ibyashimwe
Urukiko mpuzamahanga mpanabyaha rwashyiriweho u Rwanda(TPIR/ICTR), rwagiye rugawa mu mikorere yarwo irimo kuburanisha imanza nke,…
Umuyobozi wa RCN akebura ibihugu bitita ku gukurikirana abakoze jenoside
Umuyobozi w’umuryango mpuzamahanga ugamije ubutabera na demokarasi, RCN Justice & Democratie Eric Gillet avuga ko…
Sudan: Abantu 10 biciwe mu myigaragambyo y’abaharanira demokarasi
Abaganga bo muri Sudan bavuga ko abantu 10 bishwe barashwe ubwo abashinzwe umutekano bageragezaga gutatanya…
Rashid Hakuzimana yabwiye urukiko ko yakorewe iyicarubozo mu mutwe
Abdou Rashid Hakuzimana uzwi kuri shene( channel ) zinyuranye za YouTube no ku ye bwite…
U Rwanda mu bufatanye bukebura abaseta ibirenge mu gukurikirana abakekwaho jenoside
Perezida w’Urukiko rw’Ikirenga mu Rwanda, avuga ko inama mpuzamahanga kuri jenoside iri kubera mu Rwanda…
U Rwanda rurasaba ibihugu bya Afurika bicumbikiye abakekwaho ibyaha bya Jenoside kubafatira ingamba
Perezida w’Urukiko rw’Ikirenga w’u Rwanda, Dr Faustin Nteziryayo arasaba ibihugu bya Afurika bitarafata ingamba zo…