Afurika y’epfo : Abasambanya abana n’abafata abagore ku ngufu barasabirwa gukonwa
Mu gihugu cyq Kazakhstan usanga abagabo baryamana na bagenzi babo bakonwa muri ubwo buryo.
Mu Burusiya naho abahohotera abagore bazajya bakonwa, ku buryo ubu hari inshinge 2000 ziteganyijwe kwifashishwa muri iki gikorwa. Bikorwa kandi muri leta zimwe za Amerika ku bahamwe n’ibyo byaha.
Iyi miti ariko itangwa ngo ntituma uwayihawe adatekereza gukora imibonano mpuzabitsina ahubwo ngo usanga uwayihawe agira ubushake buke.