Abakozi ba leta basabwe kwambara imyambaro yakorewe mu Rwanda rimwe mu kwezi

Minisitiri w’Ubucuruzi n’inganda (Minicom), Madamu Soraya Hakuziyaremye yasabye abakozi ba leta kujya bambara ibikorerwa mu Rwanda, mu rwego rwo guteza imbere iyi gahunda.

Yabisabye mu gikorwa cyo gutangiza ku mugaragaro gahunda yo guteza imbere ibikorerwa mu Rwanda. Hari ku wa Kane tariki ya 25 Ukwakira 2018.

Asaba ko iyi myambaro yazajya yambarwa ku wa Gatanu wa nyuma wa buri kwezi.

Inkuru irambuye mu kanya…..

Ntakirutimana Deus