Icyo umugore wa Dr Byamungu avuga ku muryango we washiriye mu mpanuka

Maze kumenya ko ntwite umukobwa numvise ko ari Imana imunshumbushije kuko nari narabuze imfura yanjye y’umukobwa none reba nawe Imana iramwisubije. Ariko byose ibikora izi impamvu zabyo.”

Ni amwe mu magambo Mukagatare Dorcas yavugiye mu muhango wo gusabira umuryango we ugizwe n’umugabo n’abana be baherutse kugwa mu mpanuka muri Uganda.