Udushya twaranze ibirori by’umunsi w’ibiribwa ku Isi (amafoto)
Tariki ya 28 Ukwakira 2022, u Rwanda rwifatanyije n’Isi mu kwizihiza umunsi w’ibiribwa ku Isi, aho Leta y’u Rwanda n’abashyitsi bo mu miryango mpuzamahanga bifatanyije n’abaturage bo mu karere ka Muhanga, mu murenge wa Rongi ku kibuga cya Buziranyoni mu kwizihiza uwo munsi waranzwe n’udushya tugaragara mu mafoto ari hano hasi.
Ntakirutimana Deus
Amafoto: Mazimpaka Jean Pierre/MINAGRI