U Rwanda ntiruzahwema kugaragaza uruhare rw’abafaransa muri Jenoside-Mushikiwabo

Minisitiri w’ububanyi n’amahanga w’u Rwanda Louise Mushikiwabo aratangaza ko leta y’u Rwanda itazahwema kugaragaza ibimenyetso byerekana uruhare rw’u Bufaransa muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda.

Ibi arabitangaza nyuma y’aho Leta y’u Rwanda ishyiriye ahagaragara raporo yakozwe n’itsinda ry’impuguke z’abanyamategeko bo muri Leta zunze ubumwe za Amerika, yanashyikirijwe u Bufaransa. Ni mu kiganiro yagiranye na RBA.

Ikiganiro kirambuye mu mashusho