Videwo: Irebere umunya-Uganda asobanura uko yahohotewe n’ingabo zabo zimwibeshyeho kuba umunya-Rwanda

Mu minsi ishize, umunya-Uganda yaje mu Rwanda yakomeretse mu mutwe, avuga ko yahohotewe n’ingabo za Uganda zimwibeshyeho kuba umunya-Rwanda. Ikinyamakuru The Source Post cyamusanze ku mupaka uhuza ibihugu byombi agiye gusubira iwabo. Hari ubutumwa ashyiriye ingabo za Uganda n’abayobozi baho. Hari kandi ubwo yasigiye u Rwanda yifuza kuzagarukamo vuba.