Abana b’ibitambambuga n’ibisekeramwanzi barinzwe ubuzima busharira bahozemo
Abana bo mu Karere ka Rubavu bari babayeho mu buzima bubi; birirwa ku muhanda bicwa n’izuba n’imvura mu gihe ababyeyi babo bajyaga gucuruza muri Congo ubu bahurijwe hamwe, bameze neza, barateta nk’abana bizihiye u Rwanda.
Ababyeyi babo bashimira gahunda y’amarerero yagize uruhare mu gutuma aba bana babo bagira ubuzima bwiza.
Reba uko aba bana bizihiwe.
Ntakirutimana Deus