Tchad: Leta ntizubahiriza imihango yo kunamira Habre wahoze ari perezida

Leta ya Tchad (Cadi) yavuze ko nfa mugambi ifite wo gutegura umuhango wo kunamira Hissene Habre wigeze kuba ari prezida, wishwe na Covid-19 aho yari afungiwe muri Senegal.

Leta yabwiye ibiro ntaramakuru by’Abafaransa, AFP, ko yatekereje ibyaha yakoze nuko nta burenganzira yahaye abo yahohoteye, bityo yanzura ko nta na  kimwe kimuteanyirijwe ku rwego rwa leta.

Hissene Habre, yapfuye kuri uyu wa kabiri afite imyaka 79, aho yari mu bitaro byamwakiriye i Dakar.

Umuryango we ntacyo uratangaza ku gihe cyangwa aho azashyingurwa.

Ivomo: VOA