Igitabo cy’amategeko ahana y’u Rwanda, mu ngingo 111 iteganya ko uhamwe n’iki cyaba ahabwa igihano cy’igifungo kitari munsi y’amezi atandatu ariko kitarenze imyaka ibiri n’ihazabu iri hagati y’ibihumbi 500Frw na miliyoni ebyiri Frw cyangwa kimwe muri ibi bihano.