Ndabereye Augustin wari visi meya wa Musanze yakatiwe gufungwa imyaka 5

Ndabereye Augustin wari visi meya w’akarere ka Musanze ushinzwe iterambere ry’ubukungu wari ukurikiranyweho ibyaha birimo gukubita umugore we yakatiwe gufungwa imyaka 5 n’ukwezi kumwe n’ihazabu ya miliyoni Frw.

Yari akurikiranyweho ibyaha byo gukubita, gukomeretsa no guhoza ku nkeke uwo bashakanye.

Ubwo yaburanaga ku ifunga n’ifungurwa ry’agateganyo kabiri tariki 10 Nzeri 2019 yemeye icyaha cyo gukubita no gukomeretsa umugore we ariko ahakana icyaha cyo kumuhoza ku nkeke.

Inkuru irambuye mu kanya…..