Ibiciro bishya by’ingendo mu Rwanda

Nyuma y’uko ikigo cy’igihugu ngenzuramikorere (RURA) gitangaje ko ibiciro byo gutwara abantu mu buryo rusange bigiye kwiyongeraho 5% mu Mujyi wa Kigali na 7% mu ntara, ubu byamaze gushyirwa ahagaragara.

Ukurikije amafaranga yagiye yongerwaho, urasanga ari munsi ya 500 mu ntara.

Dore uko ibiciro bihagaze

1 GICUMBI – GATUNA 740
2 GICUMBI VIA RUSHAKI – NYAGATARE 2,190
3 KIGALI – GATUNA 1,640
4 KIGALI – GICUMBI 1,160
5 KIGALI – KAGITUMBA 3,990
6 RUKOMO -GATUNA 630
7 GICUMBI-KINIHIRA-BASE 1,100
8 GICUMBI-KIVUYE 1,100
9 GICUMBI-RUSHAKI 1,110
10 GICUMBI-NGARAMA 1,660
11 GICUMBI-RUKOMO(GICUMBI) 210
12 GICUMBI-RUTARE 1,100
13 RUSHAKI-NYAGATARE 1,160
14 KIGALI -RUKOMO (via gicumbi) 1,030
15 GICUMBI -BUTARO(BURERA) 2,200
16 KIGALI-RUKOMO(Via nyagatare) 3,700

Ikindi cyerekezo

1 KABARONDO – NGOMA 330
2 KABARORE – KAGITUMBA 1,470
3 KABARORE – KARANGAZI 530
4 KABARORE – RYABEGA 630
5 KAYONZA – KABARONDO 330
6 KAYONZA – KABARORE 950
7 KAYONZA – KIRAMURUZI 320
8 KAYONZA – NGOMA 740
9 KAYONZA – NYAGATARE 1,810
10 KAYONZA – RUSUMO 2,140
11 KIGALI – GASHORA 1,320
12 NYABUGOGO – KAGITUMBA 3,990
13 KIGALI – KAYONZA 1,580
14 KIGALI – NYAGATARE 3,380
15 KIMIRONKO -NYAGASAMBU 560
16 KIRAMURUZI-KABARORE 530
17 NYAGATARE – GICUMBI (Via KARAMA) 2,290
18 NYAGATARE – KABARORE 840
19 NYAGATARE – KAGITUMBA 1,090
20 NYAGATARE – KARAMA 760
21 NYAGATARE – KARAMA Via RUKOMO 860
22 NYAGATARE – KARANGAZI 530
23 NYAGATARE – KIRAMURUZI 1,390
Amafoto agaragaza ibiciro muri rusange

Amafoto