Amerika iri gutanga miliyoni 50 FRW ku binjira mu gisirikare

Igisirikare cya Leta zunze ubumwe za Amerika, ku ncuro ya mbere, kiri gutanga amadolari ibihumbi 50 [asaga miliyoni 50 mu mafaranga y’u Rwanda/FRW) ku bakandida bemera kwinjira mu gisirikare no kwemera kuzakimaramo imyaka itandatu.

Ni mu gihe icyo gisirikare kiri kirabura abakozi mu kazi gatandukanye nkenerwa  bitewe n’icyorezo COVID-19.

Majoro Gen. Kevin Vereen, uyobora ishami ryo kwinjiza abasirikare, yabwiye yabwiye ibiro ntaramakuru by’abanyamerika, Associated Press, ko igihe amashuri amaze atigisha neza hamwe n’akazi biri butwara abakozi benshi byatumye igisirikare kibura abakandida.

Kubera amezi y’uyu mwaka agiye kutazoroha , igisirikare ca’Amerika cyizeye ko gutanga ishimwe ry’amafaranga hamwe no guhindura bimwe muri urwo rwego bizatuma abakiri bato bitabira igisirikare.

VOA

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *