Abari bategereje ko u Rwanda rugaruraho caguwa bakureyo amaso

Leta y’u Rwanda yatangaje ko ifite icyerekezo cyo guteza imbere ibikorerwa mu Rwanda, ku bijyanye n’amasezerano ya AGOA iki gihugu cyavuze ko nta kindi cyayakoraho.

Ni mu gihe mu bihe byashize u Rwanda rwari rwahawe igihe cyo gutekereza kuba cyasubizaho caguwa, kugirango rudafatirwa ibihano mu by’ubucuruzi bwo kohereza ibicuruzwa ku isoko rya Leta Zunze Ubumwe za Amerika(Amasezerano yaAGOA). Igihe ntarengwa rwari rwahawe cyarangiye mu cyumweru cyashize, kandi u Rwanda ntacyo rwatangaje mu kubahiriza iki cyemezo. Minisitiri w’Ubururuzi n’Inganda Munyeshyaka Vincent, yatangarije VOA ko u Rwanda rurajwe ishinga no guteza imbere ibikorwa n’inganda zaho muri gahunda ya Made in Rwanda.

inkuru irambuye mu kanya……………

Ntakirutimana Deus