Uturere tw’imijyi 6 yunganira Kigali tugiye kubamo impinduka zikomeye

Yanditswe na Deus NTAKIRUTIMANA

 

Uturere tw’imijyi 6 yunganira Kigali igiye kubamo impinduka zirimo imyanya mishya yongewemo n’indi yavanwemo. Ni imiyoborere izaba ishushe nk’iyo mu Mujyi wa Kigali.

Akarere kazagira Meya n’abamwungirije babiri barimo ushinzwe ubukungu n’ushinzwe imibereho myiza. Ako karere kandi kazajya kagira abayobozi bitwa ba diregiteri 12. Mu bongewemo harimo ushinzwe itumanaho (communication specialist). Muri rusange akarere kazagira imyanya 89, bahembwa umushahara mbumbe wa miliyoni

Ku bijyanye n’imishahara nabwo Meya ari hejuru n’asaga miliyoni ku kwezi (umushahara mbumbe), mu gihe umukozi uzajya uhembwa make ari umushoferi uzahembwa ibihumbi 69 (umushahara afata mu ntoki).

Urutonde rw’imyanya n’imishahara

Imiyoborere uko iteye

Loading